Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abanyonzi n’abamotari barasabwa gufata iya mbere mu kurinda umutekano

todayDecember 25, 2019 79

Background
share close

Abatwara amagare na moto bo mu Karere ka Musanze barasabwa kuba ab’imbere mu gusigasira umutekano, no kuwurinda ko hagira abawuhungabanya.

Muri gahunda yateguwe na Polisi y’u Rwanda yitwa “Gerayo Amahoro”, Umukuru w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi JMV yibukije abatwara amagare na moto kuba ku isonga mu gutahura no gutanga amakuru y’uwo bakekaho imigambi yo guhungabanya umutekano w’igihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Aborozi barasabwa gufatira inka ubwishingizi

Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian arasaba aborozi gufatira inka zabo ubwishingizi kugira ngo ipfuye nyirayo ayirihwe. Abitangaje nyuma y’aho kuri uyu wa kabiri 24 Ukuboza inka y’uwitwa Bayingana Ronald wo mu mudugudu wa Rutare akagari ka Rutare umurenge wa Rwempasha igwiriye mu mwobo wacukuwe hagamijwe gushyirwamo amapoto ajyana umuriro w’amashanyarazi ku ikusanyirizo ry’amata rya Rwempasha igahita ipfa. Pasiteri Rutembesa Athanase uvuga mu izina ry’umuryango wa Bayingana Ronald avuga […]

todayDecember 25, 2019 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%