Musanze: Abanyonzi n’abamotari barasabwa gufata iya mbere mu kurinda umutekano
Abatwara amagare na moto bo mu Karere ka Musanze barasabwa kuba ab’imbere mu gusigasira umutekano, no kuwurinda ko hagira abawuhungabanya. Muri gahunda yateguwe na Polisi y’u Rwanda yitwa “Gerayo Amahoro”, Umukuru w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi JMV yibukije abatwara amagare na moto kuba ku isonga mu gutahura no gutanga amakuru y’uwo bakekaho imigambi yo guhungabanya umutekano w’igihugu. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)