Inkuru Nyamukuru

UR na BRD bagaragaje ibitinza buruse, bavuga igihe izatangirwa

todayJanuary 21, 2020 21

Background
share close

Kaminuza y’u Rwanda(UR) hamwe na Banki itsura amajyambere(BRD), batangaje ko abanyeshuri batinze kwiyandikisha ndetse n’abatanga amakuru atuzuye ajyanye n’amakonti yabo, ari bo ngo bateza gutinda kw’inguzanyo ibatunga yitwa buruse.

BRD ivuga ko ku wa kane w’iki cyumweru izaba itanze buruse y’amezi atatu ku bantu batanze amakuru yuzuye n’imyirondoro basabwa, nyuma yaho mu kwezi kwa kane akaba ari bwo ngo bazatangira guhabwa buruse buri kwezi. Simon Kamuzinzi aratugezaho inkuru irambuye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gufatanya n’Ubwongereza mu ishoramari ni iby’agaciro – Kagame Paul

Mu kiganiro President w’u Rwanda yatanze kuri uyu wa kabiri ku ishuri mpuzamahanga ryigisha imiyoborere mu bwongereza: International School for Government kuri college yitiriwe umwami mu mujyi wa London, yashimye uburyo inama yo ku wa mbere yagenze ku ishoramari hagati y’Ubwongereza na Africa. President Kagame Paul yavuze ko ibyavugiwe muri iyo nama ari intambwe ikomeye, izazana nta kabuza umusaruro mu bufatanye hagati y’ubwongereza, umugabane wa Africa n’u Rwanda.

todayJanuary 21, 2020 35

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%