Hejuru ya 50% by’abahohotera abana b’abakobwa ntibagezwa imbere y’ubutabera
Hejuru ya 50% by’abahohotera abana b’abakobwa ntibagezwa imbere y’ubutabera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ihuriro ry’amadini n’amatorero akorera mu Rwanda (RICH). Bamwe mu bakorera abana iryo hohotera baratoroka abandi bagakingirwa ikibaba n’imiryango iba igamije indonke. Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imiryango ikingira ikibaba ihohoterwa igomba gukurikiranwa, ariko nanone abayobozi b’amadini n’amatorero bakoze ubwo bushakashatsi bagasabwa kugira icyo bakora kuri iki kibazo mu bukangurambaga kuko bafite urubuga ruhuriramo abantu benshi babagana. Umva inkuru […]
Post comments (0)