PSF yatangije inzira nshya mu ishoramari n’Intara y’Uburengerazuba
Ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba bwagiranye ibiganiro n’abikorera babarirwa muri 300 bo mu ntara, bubagaragariza amahirwe ahari yo gushoramo imari, aho gukomeza kuba isoko ry’amahanga. Ubuyobozi bw’intara buremeza ko abashoramari babishyizemo imbaraga, bashobora kugera ku rwego rwo kwihaza ku bicuruzwa no guhaza isoko ry’imbere mu gihugu no hanze yacyo. Ni mu nama yahuje urugaga rwabikorera mu Rwanda, ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba n’abikorera bo muri iyi ntara yemeza ko ifite amahirwe menshi mu ishoramari […]
Post comments (0)