Inkuru Nyamukuru

Uko Col Rutaremara na Dr Habumuremyi basobanura ubutwari bugezweho muri iki gihe

todayFebruary 3, 2020 36

Background
share close

Umuyobozi w’Ishuri ry’u Rwanda ryigisha Amahoro(Rwanda Peace Academy) Col Jill Rutaremara avuga ko ubutwari muri iki gihe butakiri ubw’abasirikare gusa, atari n’ubw’abagabo n’abafite ibigango cyangwa abigerezaho bashaka kwiyahura.

Col Jill Rutaremara yunganirwa n’Umuyobozi w’Urwego rw’Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’ishimwe(CHENO), Dr Habumuremyi Pierre Damien, uvuga ko ubutwari bw’iki gihe ari ukugendera ku ndangagaciro z’umuco nyarwanda.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Burera: Ububiko bw’isoko ryambukiranya imipaka bugiye kongerwamo ibicuruzwa

Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ruratangaza mu bubiko bw’isoko ryambukiranya imipaka riri mu karere ka Burera (Burera Cross Border Market) bugiye kongerwamo ibicuruzwa biva mu mahanga n’ibikorerwa mu Rwanda, mu rwego rwo kubyegereza abaturage bo muri aka Karere n’utundi bihana imbibi. Iki cyemezo gifashwe mu gihe hari abagaragaza ko bajyaga bavunwa n’urugendo rurerure bakoraga bajya kubigura cyangwa kubirangurira ahandi kandi bakabihageza biri ku giciro cyo hejuru. Iri soko ryambukiranya imipaka […]

todayJanuary 31, 2020 52

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%