Uko Col Rutaremara na Dr Habumuremyi basobanura ubutwari bugezweho muri iki gihe
Umuyobozi w’Ishuri ry’u Rwanda ryigisha Amahoro(Rwanda Peace Academy) Col Jill Rutaremara avuga ko ubutwari muri iki gihe butakiri ubw’abasirikare gusa, atari n’ubw’abagabo n’abafite ibigango cyangwa abigerezaho bashaka kwiyahura. Col Jill Rutaremara yunganirwa n’Umuyobozi w’Urwego rw’Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’ishimwe(CHENO), Dr Habumuremyi Pierre Damien, uvuga ko ubutwari bw’iki gihe ari ukugendera ku ndangagaciro z’umuco nyarwanda. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)