Inkuru Nyamukuru

Ab’i Kaburanjwiri bicaje abayobozi ba Gasabo ku rutare rw’icyubahiro

todayFebruary 4, 2020 43

Background
share close

Abatuye mu mudugudu wa Kaburanjwiri uri mu kagari k’Umunini, umurenge wa Kansi mu karere ka Gisagara, bavuga ko batajya bicaza umuntu uwo ari we wese ku rutare rw’umwami Ruganzu ruri muri uwo mudugudu.

Uru rutare rwahindutse ahantu bicaza abashyitsi b’icyubahiro, ku munsi w’intwari bakaba bararwicajeho abayobozi b’akarere ka Gasabo, ubwo bari babazaniye inka eshatu z’ubushuti busanzweho hagati y’uturere twombi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Uko Col Rutaremara na Dr Habumuremyi basobanura ubutwari bugezweho muri iki gihe

Umuyobozi w’Ishuri ry’u Rwanda ryigisha Amahoro(Rwanda Peace Academy) Col Jill Rutaremara avuga ko ubutwari muri iki gihe butakiri ubw’abasirikare gusa, atari n’ubw’abagabo n’abafite ibigango cyangwa abigerezaho bashaka kwiyahura. Col Jill Rutaremara yunganirwa n’Umuyobozi w’Urwego rw’Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’ishimwe(CHENO), Dr Habumuremyi Pierre Damien, uvuga ko ubutwari bw’iki gihe ari ukugendera ku ndangagaciro z’umuco nyarwanda. Umva inkuru irambuye hano:

todayFebruary 3, 2020 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%