Perezida Kagame yatashye ikigo cy’icyitegererezo kivura kanseri
Mu bitaro bya gisirikare bya Kanombe hubatswe ikigo cy’icyitegererezo kivura kanseri (RCC), kikaba cyatshwe ku mugaragaro na Perezida Kagame, kuri uyu wa kabiri tariki 4 Gashyantare 2020. Ni igikorwa cyitabiriwe n’abandi bayobozi batandukanye, bakemeza ko icyo kigo cyari gikenewe kuko kizavura kanseri z’ubwoko bwose kandi gikoresheje ikoranabuhanga rigezweho, ku buryo nta barwayi bazongera kujya kwivuriza kanseri mu mahanga. Umva inkuru irambuye hano:
Deo Ntimugura on February 5, 2020
Muduhe nimero twajya tubahamagaraho mu gihe twafashe abanyamitwe nkaba. Mubakanire urubakwiye babaratuzengereje.RIB nikomerezaho turabashimiye cyane.