ABASIRIKARI BAKURU BIGA MU ISHURI RYA GISIRIKARI I NYAKINAMA MU RUGENDOSHURI RWO KUREBA POLITIKI YO Y’IMIDUGUDU YA KIJYAMBERE
Kuri uyu wa kabiri, itsinda rigizwe n’abasirikari b’aba officier bakuru ryakoreye urugendo shuri mu Ntara y’Amajyaruguru, rugamije kumenya uko intara ihagaze mu bijyanye no gutuza abantu mu midugudu ya kijyambere. Iri tsinda ry’abasirikari biga mu ishuri rikuru rya Gisirikari (Rwanda Defence Force Command and Staff College) riherereye I Nyakinama mu karere ka Musanze rivuga ko ibyo ryagaragarijwe bigiye kurifasha gukora ubushakashatsi buzatanga icyerekezo mu nzego za gisivile cyo gufasha umubare […]
Post comments (0)