Abatuye mu Gisaka bafata ururimi ry’ikirashi nk’umutungo ukomeye
Abaturage bakoresha ururimi rw’ikirashi barifuza ko rwasigasirwa byaba ngombwa rukigishwa mu mashuri mu rwego rwo kururinda. Uru rurimi rukaba rukoreshwa cyane n’abatuye akarere ka Kirehe mu ntara y’iburasirazuba, aho barukoresha cyane mu gusabana no guhahirana n’abatuye muri Tanzania. Umunyabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco Bampoliki Eduard, we avuga ko urwo rurimi ndetse n’izindi ndimi shami ari ubukungu kandi ko Leta ifite inshingano yo kuzirinda. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)