Inkuru Nyamukuru

AVEGA yatubereye ishuri ry’ubudaheranwa – Jeannette Kagame

todayFebruary 24, 2020 112

Background
share close

Madame Jeannette Kagame avuga ko umuryango AVEGA-Agahozo w’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye Abanyarwanda ishuri ry’ubudaheranwa kubera uko abanyamuryango bawo bikuye mu bibazo bikomeye, ubu bakaba babayeho nk’abandi.

Yabigarutseho ku cyumweru tariki 23 Gashyantare, ubwo uwo muryango wizihizaga isabukuru yawo y’imyaka 25, igikorwa cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye ndetse na bamwe mu banyamuryango bawo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Bakoreye miliyari 1.4Frw none ntibishyuwe n’igiceri

Ba rwiyemezamirimo 14 bahawe isoko na kompanyi yitwa CCID rya Miliyari imwe na miliyoni 400 z’Amafaraga y’u Rwanda, ryo gutegura ibiti by’imbuto ziribwa miliyoni zirindwi, none amasezerano yarangiye nta n’igiceri bahawe. Amasezerano y’iryo soko yashyizweho umukono ku itariki 13 Gicurasi 2019 hagati ya CCID ibinyujije ku wundi mushoramari witwa François Xavier Ngirabagabo, na ba rwiyemezamirimo bo mu turere 14. Muri ayo masezerano buri karere kagombaga gutunganya imbuto ibihumbi 500 ku […]

todayFebruary 23, 2020 69

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%