AVEGA yatubereye ishuri ry’ubudaheranwa – Jeannette Kagame
Madame Jeannette Kagame avuga ko umuryango AVEGA-Agahozo w’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye Abanyarwanda ishuri ry’ubudaheranwa kubera uko abanyamuryango bawo bikuye mu bibazo bikomeye, ubu bakaba babayeho nk’abandi. Yabigarutseho ku cyumweru tariki 23 Gashyantare, ubwo uwo muryango wizihizaga isabukuru yawo y’imyaka 25, igikorwa cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye ndetse na bamwe mu banyamuryango bawo. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)