Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Ubuyobozi bw’akarere buravuga ko bwafunze ruhurura butazi ko harimo abana

todayFebruary 25, 2020 17

Background
share close

Mu mujyi wa Gisenyi, abafundi bakorera akarere ka Rubavu, ku cyumweru bafungiranye abana muri ruhurura bashyizeho ibisima ariko batazi ko harimo abantu.

Ni abana 15 barara muri ruhurura iva ku kabari ka Peace Corner kugera ku ishuri rya ESIG, ariko ku bw’amahirwe abana babashije kuvamo birwanyeho.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abayobozi 31 banditse basezera ku kazi

Amakuru yaraye atugezeho aravuga ko mu karere ka Musanze hari abayobozi 31 banditse basezera ku kazi kuri uyu wa mbere tariki 24 Gashyantare 2020 biturutse ku myitwarire mu kazi n’uburyo buzuza inshingano zabo. Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Nuwumuremyi Jeannine, yabwiye Kigali Today ko abo bayobozi barimo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari 16 n’abashinzwe iterambere mu tugari 15. Umwe muri abo bivugwa ko basezerewe ni uwitwa Mahirwe Xavier wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka […]

todayFebruary 25, 2020 39

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%