Inkuru Nyamukuru

MUSANZE ABAKEKWAHO GUTWIKIRA ABANA MU NZU BAHAWE GUFUNGWA IMINSI 30 Y’AGATEGANYO

todayMarch 14, 2020 36

Background
share close

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza kuri uyu wa gatanu rwategetse ko abantu batandatu bafungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Aba bakekwaho ibyaha bine ruvuga ko bahuriyeho birimo no gutwikira abana babiri b’umuryango wa Manifashe Jerome na Sifa Celestine mu nzu, umwe akaba yarahise apfa undi agakomereka bikabije.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gukorera perimi kuri mudasobwa bizaca ruswa – Polisi

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga rya mudasobwa, buzaca burundu ruswa yakundaga kuvugwa muri icyo gikorwa. Byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, ubwo yamurikaga ku mugaragaro ubwo buryo bwari bumaze igihe gito bukoreshwa mu rwego rw’igerageza. CP Kabera avuga ko ikizamini gikorwa ku mugaragaro, hagakora abantu benshi kuko ubu ku munsi hakora abagera ku 2,980 mu gihe […]

todayMarch 13, 2020 53

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%