Musanze: Ikibazo cy’imirongo kuri kandagira ukarabe kigiye gukemurwa burundu
Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere n’ubukungu Andrew Rucyahanampuhwe aravuga ko kuva muri iki cyumweru ahantu hahurira abantu benshi nko mu masoko na gare hagiye kubakwa aho gukarabira mu buryo buhoraho kandi bufasha abantu benshi gukarabira icyarimwe. Abivuze nyuma y’uko hari hatangiye kugaragara ikibazo cy’imirongo miremire y’abategereje gukaraba intoki mbere y’uko bagana muri serivisi bakeneye. Kubaka aho gukarabira ngo bizatuma batamara umwanya munini ku mirongo, kuko n’amabwiriza yo kwirinda […]
Post comments (0)