Inkuru Nyamukuru

IBUKA irifuza ko Kabuga Felicien yaburanishirizwa mu Rwanda

todayMay 18, 2020 36

Background
share close

Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside IBUKA uratangaza ko Kabuga Felicien azanwe kuburanira mu Rwanda aho yakoreye icyaha byarushaho gushimisha Abacitse ku icumu rya Jenoside.

Bitangajwe nyuma y’uko Kabuga Felicien afatiwe i Paris mu gihugu cy’Ubufaransa afashwe n’inzego z’umutekano z’ubufaransa; nyuma y’imyaka isaga 25 ashakishwa n’ubutabera mpuzamahanga ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ingoro z’Umurage zamuritse ibihangano by’abari n’abategarugori hifashishijwe ikoranabuhanga

Kuri uyu wa mbere Ikigo cy’Ingoro z’Igihugu z’Umurage w’u Rwanda (INMR) kizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe ingoro z’umurage ku isi. Ni igikorwa cyaranzwe no kwerekana ibihangano by’abari n’abategarugori 35, bigaragaza uburyo imibereho n’imibanire y’Abanyarwanda yifashe. Kwerekana bihangano byakozwe mu buryo bw'ikoranabuhanga ryo kuganira kw’abantu bari hirya no hino ku isi ariko barebana imbonankubone, mu rwego rwo kwirinda icyorezo Covid-19.

todayMay 18, 2020 75

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%