Inkuru Nyamukuru

Kibeho ntiyifashishwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda uko bikwiye

todayMay 19, 2020 41

Background
share close

N’ubwo abasura Kibeho ku bw’amabonekerwa yahabereye bagenda biyongera ugereranyije no mu bihe byashize (mu gihe kitari icy’indwara ya Coronavirus), hari abavuga ko uko hasurwa bidashamaje ukurikije agaciro kaho.

Abo ni ababashije kugenderera ahandi amabonekerwa yabereye ku isi, urugero nk’i Lourdes mu Bufaransa ndetse n’i Fatima muri Portugal, kuko ho basanze buri munsi hanyura abakerarugendo babarirwa muri magana ane na magana atanu, mu gihe i Kibeho ho hagenda haza bake bakeya.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umuturage yatunganyije umuhanda wa kilometero mu gihe cya #GumaMuRugo

Viateur Rukundo utuye Mudugudu w’Akamuhoza, Akagari ka Cyimana, Umurenge wa Tumba, yiyemeje gusibura imiferege y’umuhanda aturiye, mu gihe abandi bari muri gahunda ya GumaMuRugo, mu rwego rwo kwirinda Covid-19. Rukundo uyu ubusanzwe akora umurimo w’ubunyonzi. Kuva Gumamurugo yatangira na we yatangiye gusibura imiferege y’uyu muhanda, ku buryo ubu amaze gukora ahareshya na kilometero, ugereranyije. Avuga ko icyamuteye gusibura iyo miferege ari ukubera ko yari yabonye ko iriba ryo mu kabande […]

todayMay 19, 2020 17

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%