Ubuzima: Abambara udupfukamunwa bagirwa inama yo kurinda uruhu rwabo
Inzobere mu ndwara z’uruhu ziragira inama abambara udupfukamunwa, kuzirikana kujya barinda uruhu rwabo kuko hari udushobora kubateza ibyago byo kwandura indwara zitandukanye z’uruhu zirimo ibiheri, gufuruta n’ibindi. Ni nyuma y’uko ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS risanze agapfukamunwa ari ngombwa rigasaba ibihugu na za guverinoma gushishikariza abaturage kukambara kugira ngo babashe kwirinda covid19. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)