U Rwanda rumaze kwakira abandi Banyarwanda bari bafungiwe muri Uganda
Itsinda rya mbere ry’Abanyarwanda 80 bari bafungiwe muri Uganda bageze mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 08 Kamena 2020. Bose hamwe binjiriye ku mupaka wa Kagitumba, bakaba ari bamwe mu Banyarwanda 130 Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Uganda Sam Kutesa yatangaje ko bazarekurwa mu ntangiriro z’iki cyumweru, akaba yarabivugiye mu biganiro biherutse guhuza intumwa z’u Rwanda na Uganda. Ibiganiro byari byahuje impande zombi ndetse n’abahuza bo mu bihugu bya Angola […]
Post comments (0)