Ubucucike mu mashuri bugiye kugabanuka ku gipimo cya 60%
Minisiteri y’uburezi iravuga ko ibyumba by’amashuri biri kubakwa hirya no hino mu gihugu bizagabanya ubucucike mu mashuri kugeza ku gipimo cya 60%. Ibyo byumba biri kubakwa mu gihe amashuri yabaye ahagaze kubera icyorezo cya COVID-19, bikaba biteganyijwe ko azongera gufungura mu kwezi kwa cyenda. Abari mu mirimo yo kubyubaka bavuga ko hari icyizere ko kugeza muri uko kwezi bizaba byaruzuye abanyeshuri bakazasubira ku mashuri batangira kubyigiramo. Ibyumba by’amashuri bibarirwa mu […]
Post comments (0)