Inkuru Nyamukuru

Kaminuza zigenga zibayeho zite muri Covid-19?

todayJune 10, 2020 62

Background
share close

Mu gihe icyorezo cya COVID-19 gikomeje guhangayikisha isi, ibikorwa bimwe na bimwe bikaba byarasubitswe, mu byagizweho ingaruka na covid19 mu Rwanda harimo amashuri Makuru na Kaminuza zigenga, ku buryo hari n’izatangiye gusezerera abakozi bazo kubera ikibazo cy’ubukungu bwahungabanye muri ibyo bigo.

Ku itariki 16 Werurwe 2020, nibwo leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika ibikorwa bimwe na bimwe birimo n’amashuri, abanyeshuri bose basubira iwabo amashuri akinga imiryango.

Umunyamakuru wacu Mutuyimana Servilien yaganiriye n’abayobozi b’amwe mu mashuri makuru na za kaminuza ababaza uko byifashe akora inkuru ikurikira.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Ifoto: Imvaho Nshya

Inkuru Nyamukuru

Ababyeyi barasaba abarimu gusanga abana mu ngo

Mu mujyi wa Kigali hari ababyeyi bavuga ko gahunda yo kwigira mu rugo hakoreshejwe televiziyo, telefone, mudasobwa na radio ngo itarimo kugenda neza, bitewe n’uko bajya mu mirimo abana bakabura ubafasha gukurikirana amasomo. KT Radio yasuye zimwe mu ngo hano mu mujyi wa Kigali kureba uko gahunda yo kwigira mu rugo yifashe, muri iki gihe amashuri yafunzwe kubera kwirinda Covid-19. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 10, 2020 42

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%