Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru: Ntibatewe ubwoba n’ababateye bavuze ko bazagaruka

todayJuly 1, 2020 53

Background
share close

Abatuye mu Mudugudu w’Uwimbogo ho mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, baravuga ko nyuma y’ibitero by’abaturutse i Burundi mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki 26 Kamena 2020 rishyira uwa gatandatu tariki 27 Kamena, nta bwoba bafite bw’ababateye n’ubwo ngo hari abo bandikiye bababwira ko bazagaruka.

Impamvu yo kutagira ubwoba ni uko bizeye ingabo z’u Rwanda zabarinze ntihagire n’umwe uhitanwa n’abateye aho batuye, kandi ngo na bo biyemeje kuzifasha.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abaturage barishimira ko ibitaro bya Gatunda bigiye gutahwa

Abaturage b’umurenge wa Gatunda bavuga ko kwuzura kw'ibitaro bya Gatunda bemerewe n’umukuru w’igihugu ari igisubizo ku ngendo ndende bakoraga bashaka serivise z’ubuvuzi. Ibitaro bya Gatunda bije bisanga ibitaro bya Nyagatare byari bisanzwe bikorana n'ibigo nderabuzima 20. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyagatare buvuga ko ibitaro bya Gatunda bizakemura ikibazo cy’abarwayi benshi bazaga kuhashaka serivise z’ubuvuzi. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 1, 2020 87

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%