Inkuru Nyamukuru

Hari abashobora kuzongera kubona igaburo ryera nyuma ya covid19

todayJuly 10, 2020 37

Background
share close

Gutanga igaburo ryera ku madini n’amatorero amwe bishobora gusubikwa kugeza icyorezo cya Covid19 kirangiye.

Umwe mu bashumba b’itorero ry’abapantekote rikorera mu mujyi wa Kigali, Mujyambere Joseph, yabwiye KT Radio ko gutanga igaburo ryera mu buryo bukurikije amabwiriza yo kurwanya icyo cyorezo hari aho byabangamira ukwemera kwa bamwe.

Ni mu gihe hitegurwa isubukurwa ry’ibikorwa by’insengero, kiliziya n’imisigiti.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ibizamini by’akazi ku barimu biratangira mu cyumweru gitaha

Ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) gitangaza ko ku ya 14 Nyakanga 2020, abarimu bashaka kujya muri uwo mwuga babisabye bazakora ibizamini by’akazi. Ibyo ni ibyatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa REB, Dr Irénée Ndayambaje, ubwo yari mu kiganiro ‘Ubyumva Ute’ kuri KT Radio ku wa 9 Nyakanga 2020, akaba yasubizaga uwari ubajije igihe ibyo bizamini bizakorerwa kuko itangira ry’amashuri ryegereje. Minisiteri y’Uburezi iherutse gutangiza gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri ibihumbi 22,505 […]

todayJuly 10, 2020 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%