Inkuru Nyamukuru

Ibikorwa byo kubungabunga Sebeya biratuma mu myaka 3, izaba itagiteza ibiza

todayJuly 10, 2020 46

Background
share close

Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe kubungabunga amazi n’amashyamba mu Rwanda, Ngabonziza Prime yemeza ko mu myaka itatu iri imbere Ibiza biterwa n’umugezi wa Sebeya bizaba bitangiye kuba amateka. Ibi abishingira ku bikorwa bikumira Ibiza n’imyuzure birimo gukorwa mu cyogogo cya Sebeya.

Ibikorwa byo kubungabunga icyogogo cya Sebeya ubu birakorwa mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Ngororero, bikaba birimo gukora amaterasi arwanya ko ubutaka bwongera kugenda ahahingwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Hari abashobora kuzongera kubona igaburo ryera nyuma ya covid19

Gutanga igaburo ryera ku madini n’amatorero amwe bishobora gusubikwa kugeza icyorezo cya Covid19 kirangiye. Umwe mu bashumba b’itorero ry’abapantekote rikorera mu mujyi wa Kigali, Mujyambere Joseph, yabwiye KT Radio ko gutanga igaburo ryera mu buryo bukurikije amabwiriza yo kurwanya icyo cyorezo hari aho byabangamira ukwemera kwa bamwe. Ni mu gihe hitegurwa isubukurwa ry’ibikorwa by’insengero, kiliziya n’imisigiti. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 10, 2020 37

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%