Hari abashobora kuzongera kubona igaburo ryera nyuma ya covid19
Gutanga igaburo ryera ku madini n’amatorero amwe bishobora gusubikwa kugeza icyorezo cya Covid19 kirangiye. Umwe mu bashumba b’itorero ry’abapantekote rikorera mu mujyi wa Kigali, Mujyambere Joseph, yabwiye KT Radio ko gutanga igaburo ryera mu buryo bukurikije amabwiriza yo kurwanya icyo cyorezo hari aho byabangamira ukwemera kwa bamwe. Ni mu gihe hitegurwa isubukurwa ry’ibikorwa by’insengero, kiliziya n’imisigiti. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)