Abigisha n’abiga gutwara ibinyabiziga bafunganywe n’abacika Polisi amasaha yo gutaha yarenze
Polisi y’u Rwanda yerekanye abo ifungiye i Remera mu Mujyi wa Kigali barimo abanyeshuri n’abarimu babigisha gutwara ibinyabiziga bane, hamwe n’abantu 11 baregwa gucika abapolisi amasaha yo gutaha mu rugo yarenze. Polisi yibukije abifuza kwiga gutwara ibinyabiziga ko amashuri bigiramo ya ‘Auto-ecole’ afunzwe nk’andi yose mu gihugu. Umuvugizi wa Polisi avuga ko abantu bagenda nijoro amasaha yarenze Polisi ikabahagarika, yababwira aho bajya bagasuzugura bakwiye kubicikaho. Muri iki cyumweru no mu […]
Post comments (0)