Yizigamira ibihumbi 700 kubera kwikorera ifumbire
Umuhinzi ntangarugero witwa Serugendo Justin wo mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze, avuga ko gukora ifumbire y’imborera yifashisha mu buhinzi akorera ku buso busaga Ha 7 byamugabanyirije igihe yatakazaga ajya kuyigura ahandi n’ikiguzi cyayo. Ubu ngo abasha kuzigama nibura amafaranga y’u Rwanda asaga ibihumbi 700 buri gihembwe cy’ihinga. Muri uwo murenge benshi mu bahinzi bakoresha ifumbire y’imborera bayiguze mu bindi bice by’igihugu. Ubuyobozi buvuga ko bakwiye gutangira gufatira […]
Post comments (0)