Inkuru Nyamukuru

Menya ubucuruzi bwunguka washoramo amafaranga yawe muri iki gihe

todayJuly 15, 2020 301

Background
share close

Kuva mu kwezi kwa Werurwe k’uyu mwaka ubwo gahunda ya “Guma mu rugo” yari imaze guhagarika urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu kubera Covid-19, kugeza ubu hari ubucuruzi bwabaye nk’ubwibagiranye.

Simon Kamuzinzi yaganiriye n’Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF), bumugaragariza bimwe mu bikenewe kuri ubu umuntu yashoramo imari yizeye kubona inyungu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Donald Trump na Boris Johnson barashyize bava ku izima

Ubushakashatsi buheruka gukorwa n’ikigo kitwa Royal Society cyo mu Bwongereza burerekana ko abantu bakomeje kugenda bahindura imyumvire bari bafite ku dupfukamunwa, by’umwihariko abayobozi bakuru b’ibihugu. Mu minsi ishize President wa USA Donald Trump na Ministre w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson, bagaragaye mu ruhame bambaye udupfukamunwa bwa mbere kuva covid-19 yatangira kwibasira isi. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 15, 2020 25

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%