Inkuru Nyamukuru

Musanze: Hari urubyiruko rurenga ku mabwiriza rukajya kwikinira umupira

todayJuly 20, 2020 51

Background
share close

Mu gihe siporo, byumwihariko umupira w’amaguru itarakomorerwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, hari bamwe mu rubyiruko ku bibuga binyuranye hirya no hino mu karere ka Musanze bakomeje kugaragara barimo gukina umupira w’amaguru, binyuranye n’amabwiriza yashyizweho yo kwirinda.

Umubare munini w’abo basore ukaba ukunze kugaragara, ku kibuga cy’indege cya Musanze no ku kibuga cy’Ishuri ryisumbuye rya Kigombe(GSK), cyane cyane mu masaha y’umugoroba.

Umuyobozi w’akarere ka Musanze Madame Nuwumuremyi Jeannine avuga ko ubuyobozi bugiye gushyira imbaraga mu gukemura iki kibazo, haba mu kwigisha no guhana buri wese ukomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abasuguye polisi yo mu muhanda basabwe kwitabana ibinyabiziga byabo ku neza

Abantu hafi 500 basabwe kwitabana ibinyabiziga byabo kuri Polisi bitarenze kwa wa 24 Nyakanga 2020, kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID 19. Polisi y’Igihugu itangaza ko abatazitabana ibinyabiziga byabo nk’uko babisabwe mu itangazo ryayo no ku rutonde yashyize ahagaragara rw’abagera kuri 499 ibinyabiziga byabo bizashakishwa bigafatwa. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 20, 2020 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%