Inkuru Nyamukuru

Abagize SYNATRAEL beguje perezida wayo, we akemeza ko akiyiyobora

todayJuly 21, 2020 22

Background
share close

Abagize Sendika y’abakora mu buhinzi n’ubworozi mu Rwanda (SYNATRAEL) bavuga ko uwari perezida wayo, Emmanuel Ngendambizi yayisubije inyuma kubera kuyicunga nabi ari yo mpamvu bamweguje aranasimburwa, gusa we ibyo ntabikozwa.

Iyo sendika yiganjemo abakora mu buhinzi bw’icyayi, yari imaze imyaka ine iyoborwa n’uwo mugabo, aho mu myaka itatu ishize bivugwa ko imicungire yabaye mibi bituma isubira inyuma.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

3 bafunzwe bakekwaho ubujura bwa sima zubaka amashuri

Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba arasaba abaturage kumenya ko ibikorwa remezo bifitiye akamaro buri wese bityo bagomba no kugira uruhare mu kubirinda. Abitangaje nyuma y’uko kuri uyu wa 20 Nyakanga 2020, abagabo 3 bagejejwe mu maboko ya RIB sitasiyo ya Musheri bakekwaho kwiba sima zubakishwa amashuri mu murenge wa Musheri. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba CIP Hamdoun Twizeyimana avuga ko abafashwe ari Nigaba Jean Bosco w’imyaka 35 na […]

todayJuly 21, 2020 52

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%