U Rwanda rwatangaje ko hari ibihugu byo mu karere bidashaka kuzahura umubano wabyo na rwo
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye gukomeza kubana neza n’ibihugu byose birimo n’ibyo mu karere ruherereyemo, gusa ngo hari ibihugu birimo n’u Burundi byamaze kugaragaza ko nta bushake bifite mu kuzahura umubano n’ibihugu byombi. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Vincent Biruta, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kanama 2020. Asubiza ibibazo by’abanyamakuru, ku biherutse gutangazwa na Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste ko […]
Post comments (0)