Inkuru Nyamukuru

MINISANTE yasobanuye abasabwa kwirinda/kurindwa Covid-19 by’umwihariko

todayAugust 12, 2020 70

Background
share close

Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) ivuga ko n’ubwo amabwiriza yo kwirinda Covid-19 areba abantu bose, abafite ikibazo cy’ubudahangarwa buke bw’umubiri bo basabwa kwirinda by’umwihariko.

MINISANTE ivuga ibi ishingiye ku baheruka kwicwa na Covid 19, bombi ngo bari bakuze banafite ibibazo by’ubundi burwayi burimo ibiro byinshi n’umubyibuho ukabije.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije avuga ko abantu babiri baheruka kwicwa na Covid-19, bombi bari bakuze umwe afite imyaka 51, undi afite 77, hari uwari asanzwe abyibushye cyane, ndetse n’uwari ufite uburwayi bwa cancer.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Inyungu ya Farumasi itumye Kabgayi ihabwa indi mbangukiragutabara

Akarere ka Muhanga kashyikirije ibitaro bya Kabgayi imbangukiragutabara yaguzwe mu nyungu ya Farumasi y’akarere, ikaba igiye kunganira izisanzwe kuri ibyo bitaro zidahagije ngo abarwayi bahabwe serivisi nziza. Ibitaro bya Kabgayi bigaragaza ko nibura habura izindi ngombyi ebyiri z’abarwanyi kugira ngo bibashe guha serivisi zinoze abagana ibitaro bya Kabgayi bava mu bigo nderabuzima 16 bigize akarere ka Muhanga. Umuyobozi w’ibitaro bya Kabgayi Dr. Philippe Nteziryayo avuga ko kugeza ubu hamaze kuboneka […]

todayAugust 12, 2020 59

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%