Muhanga: Inyungu ya Farumasi itumye Kabgayi ihabwa indi mbangukiragutabara
Akarere ka Muhanga kashyikirije ibitaro bya Kabgayi imbangukiragutabara yaguzwe mu nyungu ya Farumasi y’akarere, ikaba igiye kunganira izisanzwe kuri ibyo bitaro zidahagije ngo abarwayi bahabwe serivisi nziza. Ibitaro bya Kabgayi bigaragaza ko nibura habura izindi ngombyi ebyiri z’abarwanyi kugira ngo bibashe guha serivisi zinoze abagana ibitaro bya Kabgayi bava mu bigo nderabuzima 16 bigize akarere ka Muhanga. Umuyobozi w’ibitaro bya Kabgayi Dr. Philippe Nteziryayo avuga ko kugeza ubu hamaze kuboneka […]
Post comments (0)