Inkuru Nyamukuru

Guhindura icyo ubutaka bwagenewe ntibizongera gukorwa n’akarere konyine

todayAugust 14, 2020 82

Background
share close

Ikigo cy’igihugu cy’ubutaka gitangaza ko guhindura icyo ubutaka bwagenewe byari bisanzwe bikorerwa ku rwego rw’akarere honyine, ubu bizajya bikorwa ari uko n’icyo kigo kibanje kubisuzuma kikabitangira uburengazira.

Izo mpinduka ngo zibaye hagamijwe kubahiriza igishushanyo mbonera gishya cy’imikoreshereze y’ubutaka bw’u Rwanda cya 2020-2050 giherutse kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri, kugira ngo hatazagira amakosa agaragaramo mu kugishyira mu bikorwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

#COVID19: Uwagurishije abamotari umuti utujuje ubuziranenge yatawe muri yombi

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwaafashe Tuyisenge Jean Claude ukurikiranyweho icyaha cyo kugurisha no gutanga ibintu bibujijwe mu buvuzi. Tuyisenge akaba yaragurishije amashyirahamwe y’abamotari umuti usukura intoki witwa "HUUREKA hand sanitizer" utujuje ubuziranenge, kandi ubujijwe mu Rwanda. Amashyirahamwe yawuguze mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya COVID19. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, RIB yavuze ko Iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha. RIB iributsa kandi abaturarwanda ko itazihanganira uwo […]

todayAugust 13, 2020 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%