Kuba Ndereyehe yarekuwe ntibivuze ko kumukurikirana byahagaze – Dr Bizimana
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascène, aravuga ko kuba Charles Ndereyehe Ntahontuye yarekuwe n’u Buholandi nyuma y’igihe gito cyari gishize atawe muri yombi bidasobanuye ko kumukurikirana byahagaze. Dr Bizimana yabwiye Kigali Today ko Ndereyehe yarekuwe by'agateganyo kuko yajuririye icyemezo kimwambura ubwenegihugu bw'umuturage w'Umuholandi. Kandi ari ko bigenda mu nzira z'amategeko. Ntabwo ikurikiranacyaha ryahagaze. Bizimana abajijwe niba hari icyizere ko yakongera gufatwa ndetse akohererezwa […]
Post comments (0)