Ubyumva Ute?

Ubyumva ute: Polisi iravuga iki ku mbaraga z’umurengera?

todaySeptember 9, 2020 107

Background
share close

Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera. Baragaruka ku ngingo zitandukanye zirimo iyubahirizwa ry’ingamba zo guhangana na Covid-19, ubwiyongere bw’impanuka ziba hafi y’isaha ya saa moya, ndetse n’ikoreshwa ry’imbaraga z’umurengera ririmo gushinjwa bamwe mu bapolisi.

Umva ikiganiro kirambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kuba Ndereyehe yarekuwe ntibivuze ko kumukurikirana byahagaze – Dr Bizimana

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascène, aravuga ko kuba Charles Ndereyehe Ntahontuye yarekuwe n’u Buholandi nyuma y’igihe gito cyari gishize atawe muri yombi bidasobanuye ko kumukurikirana byahagaze. Dr Bizimana yabwiye Kigali Today ko Ndereyehe yarekuwe by'agateganyo kuko yajuririye icyemezo kimwambura ubwenegihugu bw'umuturage w'Umuholandi. Kandi ari ko bigenda mu nzira z'amategeko. Ntabwo ikurikiranacyaha ryahagaze. Bizimana abajijwe niba hari icyizere ko yakongera gufatwa ndetse akohererezwa […]

todaySeptember 9, 2020 74


Similar posts

Uncategorized

Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Angola

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Angola, Tete Antonio, wamugejejeho ubutumwa bwa mugenzi we wa Angola, João Manuel Gonçaves Laurenço, usanzwe ari umuhuza mu gushakira umuti ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. […]

todayDecember 19, 2024

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%