Iyo ingagi ziza kuba zidahari mu Rwanda…
Ku itariki 24 Nzeri 2020 imiryango mpuzamahanga izirikana ku nyamaswa z’ingagi zisa n’abantu zisigaye hake ku isi. By’umwihariko uyu munsi ukaba wahuriranye n’uko abantu bari hirya no hino mu bihugu bitandukanye, bifashishije ikoranabuhanga bakurikirana umuhango ngarukamwaka utegurwa n’u Rwanda, wo kwita izina abana b'ingagi 24 bavutse mu mwaka wa 2019/2020. Akamaro ingagi zisanzwe zizwiho cyane ni uko ba mukerarugendo bazisura bagatanga amafaranga y'amahanga azwi nk'amadevize, Mukanoheri Venantie wo mu Kinigi […]
Post comments (0)