Abasaga 850 bategerejwe i Kigali mu Nteko Rusange ya FIA
Abasaga 850 ni bo bategerejwe i Kigali mu nama y’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka ku Isi (FIA), aho izasozwa hahembwa abakinnyi bo gusiganwa ku modoka bitwaye neza. Minisitiri wa Siporo Nyirishema Richard yagarutse ku myiteguro yo kwakira Inteko Rusange ya FIA Ibi byatangajwe na Minisitiri wa Siporo, Nyirishema Richard mu kiganiro yagiranye na Televiziyo y’Igihugu, ubwo yagarukaga ku buryo u Rwanda rwiteguye kwakira Inteko Rusange ya FIA. […]