Urubyiruko rwasabwe kwimakaza indangagaciro y’ubumwe bw’Abanyarwanda
Umuyobozi ushinzwe imikoranire hagati y'abasivile n'abasirikare (J9) mu Ngabo z'u Rwanda (RDF), Colonel Désiré Migambi yavuze uburyo amateka y'Abanyarwanda agaragaza ukuntu banambye ku ndangagaciro y'ubumwe bishingiye ku kuba basangiye Igihugu. Col Désiré Migambi yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Gatanu, ubwo yifatanyaga n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’imbaga y’Urubyiruko mu Nteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yaberaga muri Camp Kigali. Iki gikorwa cyateguwe ku bufatanye n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku nsanganyamatsiko […]