Boda To Boda

4 Results / Page 1 of 1

Background

Boda To Boda

Liu Jianchao wo muri ‘Chinese Communist Party’ ari mu Rwanda

Liu Jianchao ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, mu ishyaka rya Gikominisiti (Chinese Communist Party) riri ku butegetsi mu Bushinwa, ari mu ruzinduko mu Rwanda, rugamije gushimangira umubano w’Ibihugu byombi. Liu Jianchao ari kumwe na Minisitiri Utumatwishima yasuye urwibutso rwa Kigali Uru ruzinduko yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Nyakanga 2023, rwabimburiwe no gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, aho Jianchao yashyize indabo ku mva ndetse yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muu […]

todayJuly 26, 2023

Boda To Boda

Iyo ntanyura muri Miss Rwanda nari kuba ndi umukobwa usanzwe – Miss Jolly

Gentil Gedeon araganira na Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly, ku buzima bwe bwite, Miss Rwanda 2019, akazi akora n'ibindi byinshi. Kuri ubu Mutesi Jolly afite company yitwa Daraja Investment Gateway, afatanije n'abandi bashoramari bagera kuri bane. Jolly yemeza ko iyo ataza kunyura muri Miss Rwanda, abantu akorana nabo batari kumugirira icyizere nk'icyo bamugiriye. Yemeza ko yari kuba umukobwa usanzwe, agashaka aho anyuza inzozi ze. Ari naho ahera avuga ko atemeranya […]

todayFebruary 8, 2019 96

Boda To Boda

“Ba girlfriend na Boyfriend ntacyo bongera ku mitima y’abantu” – Israel Mbonyi

Mu kiganiro yagiranye na Gentil Gedeon wa KT Radio, Israel Mbonyi yatangaje ko nta mukunzi afite kuri ubu, ndeste agira n'icyo avuga ku guhuza ubuzima bwe bwite n'umurimo w'imana. Gedeon akaba yaramubajije niba afite umukunzi, Mbonyi abanza kubica ku ruhande, nyuma aza kwerura ko ntawe afite ariko ko yigeze kumugira. N'ubwo avuga ko urukundo ari rwiza, ariko yirinda kuruganiraho. Agira ati "Tu-'dealing' n'imitima y'abantu, iyo uvuga cyane ubuzima bwawe bwite, […]

todayFebruary 1, 2019 300

0%