Boda To Boda

“Ba girlfriend na Boyfriend ntacyo bongera ku mitima y’abantu” – Israel Mbonyi

todayFebruary 1, 2019 299

Background
share close

Mu kiganiro yagiranye na Gentil Gedeon wa KT Radio, Israel Mbonyi yatangaje ko nta mukunzi afite kuri ubu, ndeste agira n’icyo avuga ku guhuza ubuzima bwe bwite n’umurimo w’imana.

Gedeon akaba yaramubajije niba afite umukunzi, Mbonyi abanza kubica ku ruhande, nyuma aza kwerura ko ntawe afite ariko ko yigeze kumugira. N’ubwo avuga ko urukundo ari rwiza, ariko yirinda kuruganiraho. Agira ati “Tu-‘dealing’ n’imitima y’abantu, iyo uvuga cyane ubuzima bwawe bwite, usanga urimo urangiza UBUTUMWA, ntago ubimenya ariko usanga urimo urangiza bwa butumwa bwawe utanga. Kubera ko ba girlfriend na ba boyfriend ntacyo bongera mu mitima y’abantu

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nukunda umurimo utitaye ku masaha uzaba uri intwari – Bamporiki Eduard

Umuyobozi w’itorero ry’igihugu Bamporiki Eduard, yavuze ko intwari u Rwanda rukeneye muri iki gihe ari izishyira imbere umurimo zititaye ku masaha. Bamporiki yabivuze mu kiganiro cyatambutse kuri televiziyo y’u Rwanda, ku munsi ngarukamwaka Abanyarwanda bunamira intwari, ku itariki 1 Gashyantare. Nk'ibisanzwe kwizihiza uyu munsi byabimburiwe no gushyira indabyo ku gicumbi cy'intwari mu murenge wa Remera.

todayFebruary 1, 2019 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%