Inkuru Nyamukuru

Abamotari bifuza ko bagira icyo bagenerwa ku mafaranga binjiza bamamaza

todayFebruary 4, 2019 43

Background
share close

Abamotari barifuza kujya bahabwa ku mafaranga ava mu kwamamaza ibigo by’itumanaho nka Airtel- Tigo na MTN.
Ibi bigo biha impuzamakoperative y’abamotari (FERWACOTAMO ) miliyoni 6 z’amafaranga y’u Rwanda buri kwezi, maze abamotari bagategekwa kwambara amajire (gilet) ariho ibirango n’ubutumwa bw’ibyo bigo.
Gusa abamotari bavuga ko batajya babona kuri ayo mafaranga ava mu kwamamaza.
Ubuyobozi bwa FERWACOTAMO bwo buvuga ko ayo mafaranga bayabona ariko agakoreshwa mu mirimo y’iyo mpuzamashyirahamwe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umukobwa urihirwa na FAWE uzatwita azasezererwa nta nteguza

Umuryango Fawe - Rwanda, wasabye abakobwa urihira amashuri muri INES-Ruhengeri kwitwararika bakiga neza birinda kugwa mu bishuko byababuza kugera ku ndoto zabo. Umukobwa ufashwa na Fawe, mbere yo gutangira ishuri abanza kugirana amasezerano y’imyitwarire mu gihe azaba agifashwa n’uwo muryango, isezerano rikomeye muri yo rikaba iryo kwirinda gutwara inda. Umva inkuru irambuye hano:

todayFebruary 4, 2019 30

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%