Inkuru Nyamukuru

Kuba abantu basabwe kuguma mu rugo nta gikuba cyacitse – Prof. Shyaka Anastase

todayMarch 22, 2020 16

Background
share close

Ministere y’ubuzima (Minisante) iratangaza ko kugeza ubu mu Rwanda abantu banduye koronavirusi ari 17, ndetse 68% by’abahuye nabo bamaze kumenyekana ku buryo bose barimo gukurikiranwa ngo barebe uko bahagaze.

Mu kiganiro cyatambutse kuri Radio Rwanda, Television no ku zindi radio zitari iza leta zirimo na KT Radio, ministre w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Shyaka Anastase, yasobanuye ko ingamba zafashwe zisaba abantu kuguma mu ngo keretse ababyemerewe gusa, ritagomba kumvikana nk’igikuba cyacitse.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Haracyakenewe ibiti by’imbuto ziribwa byo gutera-MINAGRI

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ivuga ko hagikenewe ibiti by’imbuto byo gutera muri gahunda y’uko buri rugo rwagira nibura ibiti bitatu by’imbuto ziribwa kuko ibimaze guterwa bikiri bike ugereranyije n’ibikenewe. Gahunda y’uko buri rugo rwagira nibura ibiti bitatu by’imbuto ziribwa, yatangijwe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo muri Mutarama uyu mwaka, iyo gahunda ikaba yarahise itangira gushyirwa mu bikorwa.

todayMarch 20, 2020 105 1

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%