Gentil Gedeon

47 Results / Page 4 of 6

Background

Boda To Boda

Iyo ntanyura muri Miss Rwanda nari kuba ndi umukobwa usanzwe – Miss Jolly

Gentil Gedeon araganira na Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly, ku buzima bwe bwite, Miss Rwanda 2019, akazi akora n'ibindi byinshi. Kuri ubu Mutesi Jolly afite company yitwa Daraja Investment Gateway, afatanije n'abandi bashoramari bagera kuri bane. Jolly yemeza ko iyo ataza kunyura muri Miss Rwanda, abantu akorana nabo batari kumugirira icyizere nk'icyo bamugiriye. Yemeza ko yari kuba umukobwa usanzwe, agashaka aho anyuza inzozi ze. Ari naho ahera avuga ko atemeranya […]

todayFebruary 8, 2019 96

Inyanja Twogamo

Inyanj Twogamo – El Chapo Guzman

Muri kino kiganiro, Gentil Gedeon aragaruka kuri El Chapo, umuherwe wibitseho miliyari zisaga 4 z'amadolari. Ariko akekwaho kuba yarabonye uyu mutungu mu buryo butanyuze mu mucyo, cyane ko akekwaho gucuruza ibiyobyabwenge no kwica abantu benshi. Umva ubuzima bwe hano:

todayFebruary 2, 2019 78

Boda To Boda

“Ba girlfriend na Boyfriend ntacyo bongera ku mitima y’abantu” – Israel Mbonyi

Mu kiganiro yagiranye na Gentil Gedeon wa KT Radio, Israel Mbonyi yatangaje ko nta mukunzi afite kuri ubu, ndeste agira n'icyo avuga ku guhuza ubuzima bwe bwite n'umurimo w'imana. Gedeon akaba yaramubajije niba afite umukunzi, Mbonyi abanza kubica ku ruhande, nyuma aza kwerura ko ntawe afite ariko ko yigeze kumugira. N'ubwo avuga ko urukundo ari rwiza, ariko yirinda kuruganiraho. Agira ati "Tu-'dealing' n'imitima y'abantu, iyo uvuga cyane ubuzima bwawe bwite, […]

todayFebruary 1, 2019 298

Inyanja Twogamo

INYANJA TWOGAMO UBWIZA N’AMAFARANGA MURI MISS RWANDA

Muri kino kiganiro Gentil Gedeon aragaruka ku irushanwa rya Miss Rwanda rituma benshi bavuga. Hari abarinenga, hari abarishima, buri wese afite icyo aritekerezaho. Abana benshi b'abakobwa bafite inzozi zo kuba Miss Rwanda. Ariko umwe gusa niwe uvamo agatsinda. Ese izo nzozi zishingiye kuki? Gedeon arakubwira byinshi kuri iri rushanwa, ritwara akayabo, rugatuma urigiyemo, iyo yitwaye neza, ashobora kuvamo umuherwe. Ni mu kiganiro Inyanja Twogamo. Ushobora kandi gusoma inkuru irambuye yanditswe […]

todayJanuary 12, 2019 34

0%