Muri kino kiganiro Gentil Gedeon aragaruka ku biza cyane cyane inkuba zikunze gukubita abantu mu Rwanda.
Inkuba zikunze kwibasira u Rwanda cyane. Ese ibi biterwa niki? Gedeon aragusubiza muri kino kiganiro.
Inyanja Twogamo – Kuki u Rwanda rwibasirwa n’inkuba cyane? was last modified: December 6th, 2018 by KT Radio Team
1 Ibitekezo
Mwiriweho neza ? mfasha uburyo nakumva ikiganiro inyanja twogamo havugwa Byishi utaruzi ku bwato bwa TITANIC