President w’u Rwanda Kagame Paul ari i Paris mu Bufaransa aho yagiye kwitabira ihuriro mpuzamahanga ku mahoro.
Iri huriro ry’abakuru b’ibihugu, za gouvernement n’imiryango mpuzamahanga, ribaye rikurikira isabukuru y’imyaka 100 ishize amahanga ashyize umukono ku masezerano yo guhagarika intambara ya mbere y’isi.
Mu bayobozi batumiwe, harimo na Chancellor w’ubudage Dr. Angela Merkel, President Donald Trump wa leta zunze ubumwe z’America n’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye António Guterres.
1 Ibitekezo
twishimiye iri huriro ryiza nubufatanye bwiza ni bindi bihugu