Inkuru Nyamukuru

Umushyikirano: 2018 isize u Rwanda rweretse amahanga ko rushoboye

todayDecember 13, 2018 33

Background
share close

Atangiza Inama y’igihugu y’umushyikirano ku nshuro ya 16, President w’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bintu by’ingenzi u Rwanda rwagezeho muri uyu mwaka wa 2018; birimo kuba u Rwanda ruherutse gutorerwa kuyobora umuryango w’ibihugu bihuriye ku gifaransa, ndetse n’ibindi bigomba gushimwa atari no ku rwego rw’igihugu gusa.

Umukuru w’Igihugu KAGAME Paul

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yiyemeje gukemura burundu ikibazo cya ‘buruse’ z’abanyeshuri

Perezida Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’amafaranga y’inguzanyo agenerwa abanyeshuri ba za kaminuza (buruse) agitinda kubageraho agiye kukigira icye bityo gikemuke burundu. Yabivuze ubwo yari yitabiriye ibiganiro by’ihuriro ry’urubyiruko rw’u Rwanda (Youthconnekt 2018), kuri uyu wa 12 Ukuboza 2018, icyo kibazo kikaba cyazamuwe n’umwe mu banyeshuri ba kaminuza wavugaga ko buruse ikomeje gutinda.

todayDecember 12, 2018 15

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%