Inkuru Nyamukuru

Imyitozo ya gisirikare iheruka ntaho ihuriye no kwitegura urugamba runaka – KAGAME Paul

todayDecember 15, 2018 27

Background
share close

President Kagame Paul yashimangiye ko u Rwanda nta gihugu rushobora kwendereza cyangwa ngo rwivange muri gahunda za cyo, ariko na none rugomba guhora rwiteguye uwagerageza gusagarira umutekano w’abaturuye.

Ibi umukuru w’igihugu yabivuze asubiza ibibazo by’abanyamakuru mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ryo mu Rwanda n’iryo hanze, ikiganiro cyakurikiye isozwa ry’inama y’umushyikirano ku wa gatanu 14 Ukuboza.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umushyikirano: 2018 isize u Rwanda rweretse amahanga ko rushoboye

Atangiza Inama y’igihugu y’umushyikirano ku nshuro ya 16, President w’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bintu by’ingenzi u Rwanda rwagezeho muri uyu mwaka wa 2018; birimo kuba u Rwanda ruherutse gutorerwa kuyobora umuryango w’ibihugu bihuriye ku gifaransa, ndetse n’ibindi bigomba gushimwa atari no ku rwego rw’igihugu gusa. Umukuru w'Igihugu KAGAME Paul

todayDecember 13, 2018 34

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%