Zimwe mu nyubako zigezweho ziranengwa guteza umunuko mu mujyi wa Kigali
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali burizeza abawufitemo inyubako, ko bazashyirirwaho ikusanyirizo ry’amazi mabi rizarangira kubakwa mu mwaka wa 2022, ariko ko abagira uruhare mu kunuka k’uduce tumwe na tumwe muri uyu mujyi barimo gucibwa ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni eshashatu. Umva inkuru irambuye hano:
Eemmy on April 30, 2019
Umvaaa ibyo muburezi bifite ilumwiharikope. Nahanyagasani .ntiwafata mwarimu nabi ngo bitonde.