Inkuru Nyamukuru

Ministeri y’uburezi iseswe cyangwa Perezida Kagame ari we ubyikemurira – Ubusesenguzi

todayJanuary 18, 2019 13 1

Background
share close

Isensengura ku bibazo biri muri Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) riragaragaza ko Perezida wa Repuburika Paul Kagame ari we wenyine wabikemura.
Umuyobozi wa Transperence International Rwanda Ingabire Marie Immaculee agaragaza ko kubera igisa nka ruswa, guhishirana, mu bigo bigize Minsiteri y’uburezi, ari yo ntandaro y’imikorere mibi yananiranye gushakirwa umuti.

Ni icyegeranyo tugewaho na Ephrem Murindabigwi

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (1)

  1. Eemmy on April 30, 2019

    Umvaaa ibyo muburezi bifite ilumwiharikope. Nahanyagasani .ntiwafata mwarimu nabi ngo bitonde.

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%