Inkuru Nyamukuru

UMUNSI W’UMUGORE – Abagore n’abakobwa basigajwe inyuma n’amateka imyaka 40

todayMarch 8, 2019 27

Background
share close

Impuguke mu nzego zitandukanye z’u Rwanda zirasaba ko abagore n’abakobwa bakomeza kurusha amahirwe abagabo n’abahungu, kugira ngo umuryango nyarwanda uzibe icyuho cy’imyaka 40 bakerereweho mu burezi.
Izi mpuguke zahuriye mu kigo cyitwa Keppler gifasha abanyeshuri kwiga amasomo ya kaminuza yo muri Amerika bari mu Rwanda, zirasobanura icyo zise ivangura rishingiye ku gitsina ryemewe kandi ryubaka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%