Inkuru Nyamukuru

Ibiva mu mwiherero byari bikwiye kwihutisha abanyarwanda mu rugendo bagenda – Perezida Kagame

todayMarch 9, 2019 31

Background
share close

Perezida Kagame arasaba inzego zose gukorera hamwe, kugira ngo ibyo biyemeza bijye bigerwaho.
Ibi abihera ku kuba u Rwanda hari aho rugomba kuba rugeze ukurikije n’imyanzuro iba yarafatiwe mu myiherero itandukanye.
Ibyo kugira ngo bishoboke, Kagame Paul yabwiye abayobozi ko gukorera Leta ntaho bitaniye no kwikorera, ndetse anabasaba kubera abakiri bato urugero rwiza.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%