Inkuru Nyamukuru

Icyumweru cy’ubutabera: Gereza ntago ari imva – Me Evode Uwizeyimana

todayMarch 20, 2019 21

Background
share close

Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubutabera ushinzwe itegekonshinga n’andi mategeko, Uwizeyimana Evode, aributsa abantu bafunze ko igihugu kikibakunda kandi ko gereza atari imva bityo bashobora kuyisohokamo bakigirira akamaro bakakagirira n’igihugu.
Yabitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe, ubwo yasuraga abana bafungiye muri gereza y’abana ya Nyagatare mu cyumweru cy’ubutabera aho yumvaga ibibazo byabo no kubishakira ibisubizo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kutita ku isuku y’amenyo bishobora guteza umuntu uburwayi bw’umutima

Abahanga mu buvuzi bw’amenyo n’izindi ndwara zo mu kanwa bemeza ko kutita ku isuku y’amenyo bishobora guteza umuntu uburwayi bw’umutima n’izindi ndwara zitandukanye. Babitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe 2019, ubwo bari mu gikorwa cyo gusuzuma abana ngo barebe ubuzima bw’amenyo yabo n’isuku yo mu kanwa muri rusange uko buhagaze, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zo mu kanwa. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 20, 2019 34

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%