Inkuru Nyamukuru

Ibyo wamenya kuri kanseri y’igitsinagabo

todayApril 6, 2019 57

Background
share close

Impuguke mu buvuzi, zemeza ko cancer y’igitsina cy’abagabo ari indwara itandura yahozeho kuva kera ariko abanyarwanda ntibayimenya.
Iyi ndwara ngo ikunze kwibasira abagabo bo mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kuko imibare iri hejuru cyane ugereranyije n’uko ihagaze mu bihugu byateye imbere.
Iyo urebye ibimenyetso byayo, ubona ko ishobora kuba ari nk’iyo abanyarwanda bo hambere bitaga uburagaza.

Inkuru irambuye:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Urukingo rwa Ebola rugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko abakora mu nzego z’ubuvuzi bo ku mipaka u Rwanda ruhana na Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bagiye gukingirwa bwa mbere Ebola. Byatangajwe kuri uyu wa 5 Mata 2019, ubwo abayobozi batandukanye muri iyo Minisiteri bagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru, kikaba cyari kigamaje kuvuga ku mikorere n’imikoreshereze y’urwo rukingo muri gahunda yo gukomeza gukumira icyorezo cya Ebola. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 6, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%