Urukingo rwa Ebola rugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko abakora mu nzego z’ubuvuzi bo ku mipaka u Rwanda ruhana na Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bagiye gukingirwa bwa mbere Ebola. Byatangajwe kuri uyu wa 5 Mata 2019, ubwo abayobozi batandukanye muri iyo Minisiteri bagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru, kikaba cyari kigamaje kuvuga ku mikorere n’imikoreshereze y’urwo rukingo muri gahunda yo gukomeza gukumira icyorezo cya Ebola. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)